Menya ni urubuga (Blog) rusangiza abantu inkuru utapfa gusanga ahandi, harimo iz’ubumenyi ndetse n’izindi nkuru ziteye amatsiko abantu bashobora gusoma mu rwego rwo kubanezeza no kubongerera ubumenyi.
Intego z’urubuga: Abantu bagira imirimo ituma baba bahuze mu gihe kinini ariko burya umuntu aho ava akagera nyine ni umuntu arananirwa kandi agakenera kuruhuka. Ni iyo mpamvu rero uru rubuga rwashyizweho kugira ngo rujye rufasha abantu kuruhura imitwe.
Kuri ubu ushobora gufasha uru rubuga gutera imbere utanga umusanzu wawe niba ufite ibitekerezo bifite aho bihuriye n’intego ya Menya yo gushimisha abantu.