Request edit access
Urupapuro rwo Gusaba Kwiga Ishuri rya SESENGURA A (EXPLORE A): Ishuri ryo Gukira no Kuba Umwigishwa rya Ellel Ministries Rwanda
SESENGURA (EXPLORE) ni uruhererekane rw'inyigisho zashyiriweho kwigisha no gutoza abantu b'Imana binyuze mu rugendo rwo guhinduka. Ellel Ministries igamije guhuza Ijambo n'Umwuka mu ishyiramubikorwa ry'inyigisho no gusengera abantu.

Amatariki izatangiriraho: 
                           *Abiga muri Wikendi: 02 - 03 Gashyantare 2024 (Vendredi 17:30-20:00 & Samedi 08:30-18:30)
                           *Abiga mu mibyizi: 16 - 19 Mata 2024 (Mardi - Vendredi 09:00 - 17:30)

Aho izabera: Ellel Ministries Rwanda, #24 KK 334 St, Niboye, Kicukiro, Kigali, Rwanda
 
Amafaranga y'inyigisho: 15,000 Rwf ku nyigisho imwe cyangwa 150,000 Rwf ku ishuri ryose (inyigisho 10)

Contact: bookingsrwanda@ellel.org, +250-789501986
Sign in to Google to save your progress. Learn more
Title
Amazina *
Email Yawe *
Telefone *
Aho Utuye (Akarere, Intara, Igihugu) *
Nimero y'Irangamuntu cyangwa iya Passport *
Ubwenegihugu *
Umurimo ukora/Umwuga *
Itariki y'Amavuko *
MM
/
DD
Igitsinda *
Irangamimerere *
Indimi wumva kandi ukazivuga *
Ururumi wifuza kwakiramo notes z'inyigisho *
Izina ry'aho usengera *
Umaze igihe kingana iki uri umunyamuryango w'iri torero/idini? *
Waba ufite inshingano/imirimo mu itorero/idini ryawe? Niba ari Yego, ni izihe? *
Izina, contacts na Address y'Umushumba/Umuyobozi wawe aho usengera *
Uramutse wemerewe kwiga iri shuri abayobozi b'aho usengera baguha umugisha ukaza kwiga? *
Niba ari Oya, kubera iki? *
Umaze igihe kingana iki uri umukiristo? *
Tanga mu magambo make ubuhamya bwawe, ushyiremo ibikurikira: Uko wakijijwe, urugendo rwawe rwa gikiristo kugeza ubu, n’imirimo ukora aho usengera. *
Umubiri wawe waba ufite ubuzima bwiza muri rusange? *
Vuga ubumuga waba ubana nabwo ndetse n’ibyo busaba ngo ubashe kwiga *
Vuga muri make impamvu ushaka kwiga iri shuri rya SESENGURA (EXPLORE) n’icyo wumva ryazamarira ubuzima bwawe n’umurimo ukorera Imana *
Duhe andi makuru kuri wowe ubwawe wumva kuyamenya byadufasha *
Ushaka kwiga mu rihe tsinda?  *
Required
Nzishyura amafaranga y'inyigisho nkoresheje *
Amafaranga 5,000 Rwf yo kwiyandikisha (nazasubizwa mu gihe naba ntemerewe kwiga) nayishyuye nkoresheje *
Nimero ya Reference yo kwishyura kwawe
Ndahamya ko amakuru ntanze muri uru rupapuro rwo kwiyandikisha ari ukuri *
Submit
Clear form
Never submit passwords through Google Forms.
This content is neither created nor endorsed by Google. - Terms of Service - Privacy Policy

Does this form look suspicious? Report